Perezida wa Repubulika Paul Kagame aherutse guha ikiganiro kihariye umunyamakuru Ali Aldafiri wa Al Jazeera. Ni ikiganiro cyagarutse kuri Politiki y’u Rwanda, amateka yarwo nyuma ya...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari umusanzu ukomeye Ingabo z’u Rwanda zimaze gutanga muri Mozambique, ariko igihe zizamarayo kizaterwa n’ibizava mu biganiro hagati y’ibihugu byombi. Muri...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we...
Minisitiri wungirije ushinzwe umuco n’ubukerarugendo muri Mozambique witwa Fredson Bacar yaraye asuye icyumba u Rwanda rumurikiramo ibyo rwahanze. Yahawe ku ikawa y’u Rwanda yumva icyanga cyayo....
Kubakwa kw’iyi Ntara bizakorwa binyuze mu nkunga izatangwa n’abafatanyabikorwa ba Leta ya Mozambique barimo na Banki y’Isi. Iyi banki yarangije kurekura miliyoni 100$ zo guhita hatangira...