Mu Karere ka Muhanga hari inkuru ivuga ko abaturage bUbakiwe isoko banga kurirema. Iki ni kimwe mu byerekana ko umuturage w’u Rwanda yagombye kujya abanza kugishwa...
Mu rwego rwo kurushaho kuzamura umusaruro wa Sima, mu Karere ka Muhanga hagiye kubakwa uruganda rwa Sima rwitezweho kuzaha akazi abaturage 1000. Ruzuzura muri Gashyantare, 2023...
Nyuma y’akazi kamaze hafi iminsi ine abantu bakura mu muhanda ibitaka byinshi byamanuwe n’inkangu iheruka kubera mu muhanda uhuza Muhanga, Ngororero, Nyabihu ugana Rubavu, ubu wasubiye...
Ibikorwa byo gukura ibitaka byamanuwe n’inkangu yafunze umuhanda wa Muhanga-Ngororero- Nyabihu birakomeje. Icyakora abakozi bashoboye kuhakura ibitaka k’uburyo hari igihande kimwe cyawo cyabaye nyabagendwa. Umuvugizi wa...
Abatuye Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga n’abatuye Umurenge wa Ruli muri Gakenke bongeye kugendererana nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari abaturage bagisenye ngo...