Mu Murenge wa Nyarusange haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 19 wagwiriwe n’ikirombe ari kumwe na bagenzi be, bo bashobora kuhivana ariko we kugeza ubwo Taarifa yandikaga iyi...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwemeje ko ubwato bw’ibiti budafite moteri butemerewe kwambutsa abantu mu ruzi rwa Nyabarongo. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’impanuka y’ubwato buheruka kuroha abagenzi,...
Nyuma y’uko hari umuntu urohamye muri Nyabarongo ku wa Mbere tariki 03, Mutarama, 2022 n’uburambo we ukaba waraburiwe irengero, ku Biro by’Akarere ka Kamonyi hateraniye inama...