Nyuma yo kumva ibyo ubushinjacyaha burega Bwana Benyamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, uwahoze ayobora ikinyamakuru Walla cy’i Yeruzalemu yabwiye urukiko ko Netanyahu yabashyiragaho...
Israel ni igihugu kihariye mu ngeri nyinshi. Twirengagije ibindi tukareba ububanyi n’amahanga bwayo dusanga kuva yabaho yarakoze uko ishoboye ngo ibane n’amahanga yaba abanzi cyangwa abakunzi....
U Rwanda na Israel bikomeje gutsura umubano mu nzego nyinshi. Perezida Kagame kuri uyu wa Gatanu yakiriye Minisitiri Yoaz Hendel ushinzwe itumanaho muri Israel baganira ku...