Abavuye Hanze Binjira Mu Rwanda Bazajya Bishyura Frw 30000 Yo Kwipimisha COVID Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko abantu bazava hanze baje mu Rwanda bazajya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko iyo urebye uko imibare y’Abanyarwanda bakoresheje ikoranabuhanga basaba cyangwa batanga serivisi z’ubuzima imeze muri uyu mwaka wa 2021, ubona...
Guverinoma y’u Rwanda n’ikigo BioNTech byasinye amasezerano y’ubufatanye ajyanye no gukorera inkingo zitandukanye muri iki gihugu, hakazaherwa ku za Covid-19, malaria, igituntu n’izindi zizakenerwa. Ni amasezerano...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko inkingo zizakorerwa mu Rwanda zigurishwa n’ahandi harimo no mu Karere ruherereyemo. Ni mu buryo bwo gufashanya kubona inkingo cyane cyane iz’icyorezo COVID-19...