Zephanie Niyonkuru wari umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’iterambere yirukanywe mu mirimo. Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu izina rya Perezida wa Repubulika...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 26, Ugushyingo, 2021 habaye ibirori byitabiriwe n’abikorera ndetse n’inzego za Leta mu muhango wo guhemba ba rwiyemezamirimo bitwaye neza mu guteza...
Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere Zéphanie Niyonkuru yashimye ko abashoramari bo muri Zimbabwe batangiye kumurikira mu Rwanda ibyo bakora nyuma y’igihe gito abashoramari b’ibihugu byombi...
Ibihugu byombi( u Rwanda na Zimbabwe) byaraye bisinye amasezerano yo kongera imbaraga mu buhahirane hagamijwe inyungu z’ibihugu byombi. Azibanda ku iterambere mu Ikoranabuhanga mu bucuruzi, ikoranabuhanga...
Niyonkuru Zephanie usanzwe ari Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, yeteye ivi asaba umukobwa bakundana ko yamubera umugore, ndetse undi arabyemera. Uriya mwanya awuriho guhera...