Ku ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira abapolisi b’abofisiye bato 501. Bagize icyiciro cya 12 cy’abapolisi...
Ubuyobozi w’ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS), ari naryo ritoza Urwego rwunganira umutekano mu Karere n’Umurege rwitwa DASSO, bwasabye abakora muri uru rwego kuzibukira ibyo gushaka inyungu...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, mu Karere ka Bugesera habereye irushanwa ryiswe Kibugabuga Race. Ni ubwa kabiri ryari ribaye, umuhungu watsinze yahembye Frw 100,000, umukobwa ahembwa Frw...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe abakozi n’imiyoborere DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yaraye ashyikirije impamyabumenyi abapolisi 108 barangije amasomo abategurira kuyobora bagenzi babo. Hari mu...
Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere Zéphanie Niyonkuru yabwiye abitabiriye inama yiga ku kwita ku binyabuzima hagamijwe gukomeza ubukerarugendo bubishingiyeho ko abantu nibadakanguka ngo bite...