Perezida Evariste Ndayishimiye yasabye abayoboke b’ishyaka rye, CNDD-FDD, gushyiraho imbaraga zose Ikirundi kikajya gikoreshwa mu nama zose kandi raporo zigatangwa zanditswe mu Kirundi. Ni iteka yaciye...
Umunyamabanga wa Leta zunze z’Amerika ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho witwa Karine Jean Pierre yanditse kuri Twitter ko akazi akora kamusaba kwihangana nk’uko Yobu wo muri Bibiliya yihanganiye...
Abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku ivugurura rya Politiki y’imisoro mu Rwanda bahuriye i Rubavu basanze bumwe mu bwoko bw’imisoro ikwiye kwitabwaho muri iryo vurura ari iy’ubutaka. Ni...
Joof yaguye mu Buhinde azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Perezida wa Gambia Adama Barrow niwe wamubitse abinyujije mu itangaza ryaciye kuri Facebook. Allieu Badara Joof...
Jair Bolsonaro uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yaraye ajyanywe mu bitaro biri muri Leta ya Florida, USA. CNN ivuga uyu mugabo ababara cyane mu nda ariko...