Perezida Paul Kagame uri mu Busuwisi mu Nama y’Ihuriro ry’ubukungu mpuzamahanga aho amaze iminsi ahura n’abayobozi batandukanye kandi bari mu bakomeye ku isi. Kuri uyu wa...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko u Rwanda rwifuza gukingira abantu benshi bashoboka, ku buryo inkingo zigenewe abana bafite hagati y’imyaka 5-11 nizijya ku isoko...
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu barwaye COVID-19 bakayikira ariko ntibikingize, bafite ibyago byo kongera kuyandura bikubye inshuro eshanu iby’abakingiwe byuzuye, batigeze bayirwara. Ni ubushakashatsi bwanzura ko...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije mu Kigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID, zahaye u Rwanda inkingo za Pfizer zigera ku 418,860. Uyu mubare watumye inkingo zose...
Gahunda yo gukingira COVID-19 mu Rwanda yafashe indi ntera, aho kuri uyu wa Mbere Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyatangaje ko inkingo zisaga miliyoni 1 zoherejwe...