Kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Mata, 2022 nibwo Dr Jacques Buhigiro waririmbye indirimbo zirimo Amafaranga, Agahinda karakanyagwa n’izindi ari bushyingurwe. Uyu musaza uri mu bahanzi...
Ubwo bizihizaga imyaka 25 ishize bashinze Umuryango AERG, abawugize bishimiye kwakira Madamu Jeannette Kagame waje kwifatanya nabo muri iki gikorwa cyabereye mu Nzu yitwa Intare Conference...
Ikigo Vivo Energy Rwanda gicuruza ibikomoka kuri peteroli mu mazina ya Engen cyafunguye sitasiyo nshya ya Rusororo mu Karere ka Gasabo, mu kurushaho kwegereza lisansi na...
Byatangajwe n’umukunzi we Dejoie Ifashabayo nyuma y’uko basezeranye imbere y’amategeko mu muhango waraye ubureye mu Biro by’Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ifashabayo yavuze ko...
Ni umwanzuro wari utegerejwe na benshi ariko cyane cyane Alfred Nkubiri , abo mu muryango we n’abamwunganira. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye ko ruriya rubanza rukomeza...