Ubwo yabwiraga itsinda ry’abayobozi mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ibyo Misiyo yari ayoboye muri Kenya yabonyeyo mu gihe cy’amatora y’Umukuru w’igihugu aheruka, Jakaya Kikwete yavuze ko...
Mu masaha ya kare cyane kuri uyu wa Kabiri Taliki 09, Kanama, 2022 abaturage ba Kenya bazindutse mu ruturuturu bajya gutora uzabayobora muri Manda y’imyaka itamu....
Muri Kenya hagiye kuba amatora y’Umukuru w’Igihugu azahanganamo abagabo babiri bakomeye ari bo Raila Odinga na William Ruto. Aba bagabo baratandukanye haba mu mibereho no mu...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo amatora y’Umukuru wa Kenya agere, Perezida ucyuye igihe Nyakubahwa Uhuru Kenyatta yabwiye abaturage ko nibatora Willaim Ruto bazaba bikozeho. Ngo...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta avuga ko n’ubwo William Ruto ashaka kuyobora Kenya ariko ibyo ari gukora atazi ibyo ari byo. Ngo abikoreshwa no gushaka ubutegetsi...