Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba kuba...
Diego Twahirwa usanzwe ayobora Ikigo gihinga kikanagurisha urusenda gikorera mu Bugesera kitwa Gashora Farm yahawe ubutaka bungana na Hegitari 2000 muri Zimbabwe ngo azihingeho urusenda. Amasezerano...
Amakuru twahawe n’umwe mu bazi ifungwa rya Théophile Mukundwa avuga ko uriya mugabo afungiwe kuri station ya RIB iri ku Murenge wa Kicukiro. Ifatwa rye ryaje rikurikira...
Turahirwa Moses umaze kubaka izina mu bikorwa by’imideli kubera kwambika abantu bakomeye barimo ibyamamare n’abanyapolitiki ntari mu Rwanda. Ari mu Butaliyai gukomeza amasomo y’ibijyanye no guhanga...
Nyuma y’uko Théophile Mukundwa yemereye Taarifa ko yataburuje umubiri wari wabonetse aho umuturage yari agiye kubaka uruzitiro, bakamuha 110 000 Frw akayikenuza, umubiri akawujyana ku murenge,...