U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe...
Dr Kirabo Kacyira Aissa uhagarariye u Rwanda muri Ghana yashimye abatuye ba kiriya gihugu ko bakunda ubukerarugendo ariko abasaba kurushaho kuko ari ingenzi mu guteza imbere...
Abanyemari b’Abanyarwanda bari muri Ghana mu ruzinduko rw’iminsi irindwi biga uko bashora imari muri kiriya gihugu kiri mu bikize kuri Petelori kurusha ibindi mu gace giherereyemo...
Guverinoma y’u Burundi n’iya Nigeria birateganya kwagura ubufatanye mu bucuruzi, uburezi, ikoranabuhanga n’ubukerarugendo. Ibihugu byombi bizasinya amasezerano y’ubufatanye bwagutse muri iri nzego muri Nyakanga, 2021. Biherutse...
Ayo masezerano ni amasezerano y’ubucuruzi buhuza ibihugu by’Afurika yiswe Intercontinental Free Trade Area( AfCTA). Ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yari mu Burundi, hakazamuka igitekerezo cy’ubucuruzi hagati yabwo...