Birashoboka ko ari we Perezida wa Repubulika iyo ari yo yose ugaragaye mu murima ari guhingana n’umugore we. Uwo ni Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye wahinganaga...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi baherutse gushyirwa muri Guverinoma, Perezida Kagame yavuze ko hashyizweho Minisiteri y’ishoramari rya Leta kugira ngo ishobore gucunga imikorere y’ibigo bya Leta bisanzwe...
Abahinzi b’Icyayi bo mu Karere ka Nyaruguru bashima ko hari umushoramari wabafashije kubona uko bahinga icyayi ku butaka bavuga ko mbere bwabapfiraga ubusa. Mbere y’uko batangira...
Fodé Ndiaye wari uhagarariye UN mu Rwanda akaba asanzwe ari umuhanga mu by’ubuhinzi yaraye asezeye kuri Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yarangije ikivi cye mu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda wazamutse mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2022 ugera kuri Miliyari Frw 3,025 uvuye kuri...