U Rwanda rwafatanyije n’amahanga kuzirikana ibibazo abana bavukana ubumuga bw’imyitwarire idasanzwe ishingiye ku mikorere y’ubwonko bwabo bwitwa Autism bahura nabyo. Mu Mujyi wa Kigali ahabereye inama...
Mu gihe isi yitegura kuzazirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, abafite ubwo kutabona bo muri Uganda basohorewe Kopi y’Itegeko nshinga ryanditswe mu nyandiko yabagenewe yitwa Braille....
Mu Buyapani haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 81 y’amavuko wasunikiye umugore we bari bamarane imyaka 40 mu Nyanja bituma amira nkeri arapfa. Nawe yari umukecuru w’imyaka 79...
Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza. ...
Kwiga biravuna n’ubwo amanota atanga inoti. Hari abanyeshuri bavuga ko bize amasomo y’uburezi budaheza, babikora bibwira ko nibabirangiza bazabona akazi kuko basa n’aho ibyo bigaga byari...