Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka...
Mu birori byo kurangiza ukwezi kwahariwe umugore byateguwe n’abahanga mu mibare na siyansi bakorera mu Rwanda, ubutumwa bw’ingenzi bwatanzwe bwari ubwo gushishikariza abakorwa biga siyansi guharanira...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Tharcisse Mpunga, yatangaje ko abantu barimo kwandura coronavirus yihinduranyije ya Omicron bari kugaragaza ibimenyetso biteye impungenge. Ngo niyo mpamvu...
Imibare yatangajwe n’Umuryango uharanira kurwanya ruswa Transparency International Rwanda yerekana ko Urwego rw’abikorera ari rwo rwagaragayemo ruswa mu mwaka wa 2020 -2021. Impamvu yatangajwe n’uriya muryango...
Ku wa Gatanu tariki 08, Ukwakira, 2021 nibwo Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere, RGB, ruzatangaza uko imiyoborere ihagaze mu Rwanda mu nzego zose. Ni raporo yiswe Rwanda Governance...