Umuryango w’Afurika yunze ubumwe uvuga ko hagiye gutangira gahunda yo gukura ingabo zawo zose muri Somalia. Intego ni uko Somalia ubwayo yasigara yicungira umutekano wayo kuko...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye abaturage b’iki gihugu kutajya muri Uganda uko biboneye kandi n’abasanzwe bahatuye bakagira amakenga. Itangazo ritanga uyu muburo...
Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bakamanaga itegeko...
Icyo mu ndimi z’amahanga bita central corridor ni umuhanda uhuza u Rwanda n’icyambu cya Dar es Salaam. Uyu muhanda wabaye ingirakamaro ku Rwanda mu bihe bitandukanye...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko igihugu cye kiri kwiga uko cyashyiriraho Uganda ibihano kiyiziza itegeko Perezida wayo aherutse gusinya rwo guca ubutinganyi iwe. Kuri uyu...