Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%....
Abagaba b’ingabo z’u Burusiya bari muri Ukraine bagabye igitero kigabanyijemo inzira ebyiri kugira ngo bafate umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev. Biremezwa n’abanyamakuru bakurikirana iby’iyi ntambara. Si...
Ubuyobozi bukuru muri Politiki n’igisirikare muri Amerika bwasabye Ukraine kuba yibagiwe iby’uko izahabwa indege z’intambara kubera ko izihawe bishobora gutuma u Burusiya bwinjira mu Ntambara yeruye...
Guverinoma ya Ukraine yafashe icyemezo cyo gucyura abasirikare bayo bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO), kugira ngo...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje...