Umubyeyi wo mu Mudugudu wa Gakenkeri A, mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umwana we amanitse...
Mutuyimana Anastasie ni umugore ufite abana bane utuye mu Kagari ka Simbwa mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo. Avuga ko gahunda ya Leta yo...
Mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Kabayiza Cyprien ushinjwa gutema Nyina, mwishywa we ndetse n’inka yo muri urwo rugo bari batunze....
Immaculée Niyonsaba aherutse kwibaruka abana batatu. Imibereho ye yari isanzwe itameze neza none uyu mugisha w’abana yibarutse ugiye kumugora. Asaba uwagira ubushobozi n’umutima ukunze, ko yamufasha...
Buri taliki 19, Kamena, buri mwaka Isi yibuka kandi ikazirikana akamaro k’umubyeyi w’umugabo mu burere bw’umwana n’iterambere ry’umuryango. Icyakora abagabo benshi banengwa n’abagore babo ko babyara...