Kuri uyu munsi wahariwe ababyeyi b’abagabo, Ange Ingabire Kagame yashimiye umugabo we Bertrand Ndengeyingoma ko ari umubyeyi mwiza wita ku mfura yabo no ku muryango we...
N’ubwo ‘akabura ntikaboneke ari Nyina w’umuntu’, Se w’umuntu nawe ni ntagereranywa mu guha abana be indangagaciro zizabaherekeza ubuzima bwose. Kuri uyu wa 20, Kamena, ubwo Isi...
Perezida Paul Kagame yifurije abagore umunsi mwiza w’ababyeyi, wizihijwe kuri iki Cyumweru tariki 9 Gicurasi. Uyu munsi wizihizwa ku Cyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa Gicurasi. Igitekerezo...