Amajyambere agira ikiguzi. Kubera ko ubuzima bw’Abanyarwanda muri rusange n’ubw’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko bwateye imbere, bamwe bagize amafaranga batangira kurya ibikize ku byubaka umubiri byinshi...
Umubyibuho ukabije ni ikibazo cy’ubuzima hirya no hino ku isi ariko cyane cyane mu bihugu bikize n’ibitangiye gukira. Bavuga ko umuntu afite umubyibuho ukabije iyo bafashe...