U Bufaransa ni kimwe mu bihugu by’u Burayi bifitanye ‘amateka mabi’ n’ibihugu bwakolonije ndetse n’ibyo butakolonije, urugero rukaba u Rwanda. Ibyo bihugu ni Algérie, u Rwanda,...
Madamu Louise Mushikiwabo yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO/OMS agamije kugeza inkingo za COVID-19 mu bihugu bigize...
Bwana Martin Ngoga usanzwe ari Perezida w’Inteko ishinga Amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatorewe kuba Umuyobozi wungirije wa Komite ya FIFA ishinzwe imyitwarire y’abayigize. Yatangiye kuyibora...
Ndrangheta ni icyago gifite umwihariko. Si icyorezo nka COVID-19 , Ebola cyangwa SIDA ariko ni icyorezo ku bukungu, ubuzima n’umutekano w’abatuye ibihugu byinshi by’imigabane y’isi. Ndrangheta...
Perezida w’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi Bwana Charles Michel kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi...