Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Taiwan Nayo Yahagurukije Indege Zayo Z’Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Taiwan Nayo Yahagurukije Indege Zayo Z’Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2023 9:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
A pilot and Air Force soldier run towards a F-16V fighter jet for an evening take off as part of a combat readiness mission at the airbase in Hualien, Taiwan, August 17, 2022. REUTERS/Ann Wang
SHARE

Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo Taiwan ivuga ko ari uwo mu kirere cyawo, ariko bwo bukaba butawemera.

Hagati aho kandi hari ubwato b’intambara bune bw’Ubushinwa buri mu Nyanja ibihugu byombi bihuriyeho.

Ibaye inshuro ya kabiri indege z’Ubushinwa zigera mu kirere Taiwan ivuga ko ari icyayo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.

Ku wa Kane taliki 08, Kamena, 2023 nabwo indege 37 z’intambara z’Ubushinwa zageze muri iki kirere.

Ikindi ni uko hashize imyaka itatu Ubushinwa bugurutsa indege hafi y’ikirere cya Taiwan.

Bwemeza ko kiriya gihugu ari ubutaka bw’Ubushinwa bityo ko kigomba kugendera ku mategeko ya Beijing.

Minisiteri y’ingabo ya Taiwan ivuga ko hari ubwoko bwinshi bw’indege z’intambara z’Ubushinwa zototera ikirere cyayo harimo izo mu bwoko bwa J-10, J-11, J-16, Su-30 ndetse n’izo mu bwoko bwa H-6 bombers.

Nyuma yo kubona ko Ubushinwa buri kuyototera, Taiwan nayo yatunganyije indege zayo z’intambara, itegura ibyuma birasa missiles…byose bikorwa mu rwego rwo gukomeza gucunga ngo Ubushinwa butaza kurenga umurongo utukura.

Urwangano Hagati Y’u Bushinwa Na Taiwan Rukomoka He?

TAGGED:BushinwaIkirereIndegeIntambaraTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lt Col Tharcisse Muvunyi Wakanguriye Interahamwe Kumara Abatutsi Yapfuye
Next Article Se W’Imfubyi Gisimba Damas Yasezeweho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?