Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Taiwan Nayo Yahagurukije Indege Zayo Z’Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Taiwan Nayo Yahagurukije Indege Zayo Z’Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2023 9:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
A pilot and Air Force soldier run towards a F-16V fighter jet for an evening take off as part of a combat readiness mission at the airbase in Hualien, Taiwan, August 17, 2022. REUTERS/Ann Wang
SHARE

Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo Taiwan ivuga ko ari uwo mu kirere cyawo, ariko bwo bukaba butawemera.

Hagati aho kandi hari ubwato b’intambara bune bw’Ubushinwa buri mu Nyanja ibihugu byombi bihuriyeho.

Ibaye inshuro ya kabiri indege z’Ubushinwa zigera mu kirere Taiwan ivuga ko ari icyayo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.

Ku wa Kane taliki 08, Kamena, 2023 nabwo indege 37 z’intambara z’Ubushinwa zageze muri iki kirere.

Ikindi ni uko hashize imyaka itatu Ubushinwa bugurutsa indege hafi y’ikirere cya Taiwan.

Bwemeza ko kiriya gihugu ari ubutaka bw’Ubushinwa bityo ko kigomba kugendera ku mategeko ya Beijing.

Minisiteri y’ingabo ya Taiwan ivuga ko hari ubwoko bwinshi bw’indege z’intambara z’Ubushinwa zototera ikirere cyayo harimo izo mu bwoko bwa J-10, J-11, J-16, Su-30 ndetse n’izo mu bwoko bwa H-6 bombers.

Nyuma yo kubona ko Ubushinwa buri kuyototera, Taiwan nayo yatunganyije indege zayo z’intambara, itegura ibyuma birasa missiles…byose bikorwa mu rwego rwo gukomeza gucunga ngo Ubushinwa butaza kurenga umurongo utukura.

Urwangano Hagati Y’u Bushinwa Na Taiwan Rukomoka He?

TAGGED:BushinwaIkirereIndegeIntambaraTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lt Col Tharcisse Muvunyi Wakanguriye Interahamwe Kumara Abatutsi Yapfuye
Next Article Se W’Imfubyi Gisimba Damas Yasezeweho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?