Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Taiwan Nayo Yahagurukije Indege Zayo Z’Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Taiwan Nayo Yahagurukije Indege Zayo Z’Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2023 9:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
A pilot and Air Force soldier run towards a F-16V fighter jet for an evening take off as part of a combat readiness mission at the airbase in Hualien, Taiwan, August 17, 2022. REUTERS/Ann Wang
SHARE

Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo Taiwan ivuga ko ari uwo mu kirere cyawo, ariko bwo bukaba butawemera.

Hagati aho kandi hari ubwato b’intambara bune bw’Ubushinwa buri mu Nyanja ibihugu byombi bihuriyeho.

Ibaye inshuro ya kabiri indege z’Ubushinwa zigera mu kirere Taiwan ivuga ko ari icyayo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.

Ku wa Kane taliki 08, Kamena, 2023 nabwo indege 37 z’intambara z’Ubushinwa zageze muri iki kirere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi ni uko hashize imyaka itatu Ubushinwa bugurutsa indege hafi y’ikirere cya Taiwan.

Bwemeza ko kiriya gihugu ari ubutaka bw’Ubushinwa bityo ko kigomba kugendera ku mategeko ya Beijing.

Minisiteri y’ingabo ya Taiwan ivuga ko hari ubwoko bwinshi bw’indege z’intambara z’Ubushinwa zototera ikirere cyayo harimo izo mu bwoko bwa J-10, J-11, J-16, Su-30 ndetse n’izo mu bwoko bwa H-6 bombers.

Nyuma yo kubona ko Ubushinwa buri kuyototera, Taiwan nayo yatunganyije indege zayo z’intambara, itegura ibyuma birasa missiles…byose bikorwa mu rwego rwo gukomeza gucunga ngo Ubushinwa butaza kurenga umurongo utukura.

Urwangano Hagati Y’u Bushinwa Na Taiwan Rukomoka He?

- Advertisement -
TAGGED:BushinwaIkirereIndegeIntambaraTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lt Col Tharcisse Muvunyi Wakanguriye Interahamwe Kumara Abatutsi Yapfuye
Next Article Se W’Imfubyi Gisimba Damas Yasezeweho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?