Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Taiwan Yahanuye Indege Y’u Bushinwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Taiwan Yahanuye Indege Y’u Bushinwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 August 2022 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari ikinyamakuru cyo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki gihugu cyahanuye mo zimwe.

The Jerusalem Post yanditse ko amakuru ifite avuga ko guhanura iriya ndege byakozwe mu rwego rwo guha gasopo abapiloti b’u Bushinwa ngo badakomeza kuvogereza indege zabo ikirere cya Taiwan.

Ni amakuru The Post y’i Yeruzalemu ivuga ko yatangarijwe mu itangazo rya Minisiteri y’ingabo ya Taiwan.

Icyakora uruhande rw’u Bushinwa ntacyo burabitangaza ho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

#Taiwan scrambles jets as 30 #Chinese fighters cross Taiwan Strait median line.https://t.co/AfzGufR3ip

— The Jerusalem Post (@Jerusalem_Post) August 5, 2022

Ubu ku nkengero za Taiwan hari ingabo nyinshi z’u Bushinwa ndetse hari n’indege z’intambara zigera mu 100 ziri hafi aho.

Muri zo hari izambutse umurongo ugabanya ikirere cya Taiwan n’icy’u Bushinwa, ingabo za Taiwan zirazirasa hagira izihanuka.

Aya makuru ashobora kuza kuba imbarutso y’intambara yeruye.

U Bushinwa Bwahagaritse Amasezerano Menshi Bwari Bufitanye N’Amerika

- Advertisement -
TAGGED:BushinwafeaturedIndegeTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bushinwa Bwahagaritse Amasezerano Menshi Bwari Bufitanye N’Amerika
Next Article Mu Burundi Hava Magendu Iza Mu Rwanda Iciye i Nyanza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?