Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Bishe Abana Barindwi Babaziza Kubiba Inkoko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tanzania: Bishe Abana Barindwi Babaziza Kubiba Inkoko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 December 2023 2:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Ntara ya Kagera muri Tanzania haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abana barindwi bagaburiwe uburozi burabahitana bikozwe n’abo mu muryango umwe bavugaga ko abo bana babibye inkoko bari kuzarya ku bunani.

Ikinyamakuru Tuko News nicyo cyasohoye iyi nkuru kikavuga ko ari inkuru yemezwa n’umwe mu bafashwe bakekwaho uruhare muri ubwo bwicanyi ndetse na Polisi yo muri ako gace ikaba ibyemezwa.

Byemejwe ko abo bana bapfuye nyuma yo kurya uburozi bwashyizwe mu biryo n’abo muri uwo muryango bavugaga ko babitewe n’uburakari bw’uko abo bana babibye inkoko.

Umwe mu bayobozi ba Polisi muri ako gace avuga ko icyo gikorwa giteye ubwoba cyahungabanyije intara yose.

Iperereza rya Polisi ngo ryerekanye ko icyari kigamijwe kwari ukwihorera kubera kwibwa inkoko, ikungamo ko ari ikintu kidakwiye cyabaye kandi ko abagikoze bazakurikiranwa mu butabera uko byagenda kose.

Komanda wa Polisi mu Ntara ya Kagera witwa Chatanda avuga ko hari umwe mu bakurikiranyweho icyo cyaha wafatiwe mu nzira ahungira mu Burundi.

We n’abandi bakekwaho uruhare muri ubwo bugome bavuze ko babikoze kubera ko abo mu muryango wa bariya bana banze gusaba imbabazi z’uko abana babo babibye ririya tungo rigufi.

Ababyeyi bari mu gahinda kubera kubura abana babo bazira inkoko
TAGGED:AbanaIsakePolisiTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Yo Kwihuza Na M23, Nangaa Yatangaje Intambara Izamugeza I Kinshasa
Next Article Polisi Yatangaje Uko Abanyarwanda Bitwaye Ku Bunani
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?