Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Leta Yafunze Ibinyamakuru Bitatu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Leta Yafunze Ibinyamakuru Bitatu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2024 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta ya Tanzania yatangaje ko hari ibinyamakuru bitatu byibumbiye mu kigo kitwa Mwananchi Communications Limited byafunzwe bizira gushushanya Perezida Suluhu Hassan.

Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Tanzania nirwo rwanzuye ko ibyo binyamakuru bifungwa nyuma yo gukora ibishushanyo( cartoon) bya Perezida wa Repubulika yiyunze ya Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan.

Iyo cartoon yagaragazaga Perezida Suluhu Hassan ari kumwe n’abantu bamaze iminsi batangaje ko hari ababo baburiwe irengero.

Ayo mashusho yatangajwe no mu kinyamakuru gikomeye muri Tanzania kitwa The Citizen ndetse ntibyatinze, Leta binyujije muri cya kigo gishinzwe itumanaho, ihita ifunga The Citizen, Mwanainchi na Mwanaspoti.

Bivugwa ko ibyo binyamakuru byakoze ibinyuranyije n’itegeko ribuza abantu gutangaza ibibujijwe.

Mu minsi 30 ntibyemerewe gusohoka habe no kuri murandasi.

Amashusho ya Suluhu n’abo bantu bafite ababo baburiwe irengero yaje gusibwa.

Iby’uko hari abantu benshi baburiwe irengero muri Tanzania byo bimaze iminsi biteza impaka muri iki gihugu.

Leta ntacyo irabitangazaho, ngo igire icyo ibwira abaturage.

TAGGED:GushushanyaIbinyamakuruSuluhuTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Agacurama: Inyamaswa Yateye Abantu Icyorezo Cya Marburg
Next Article Rwanda: Marburg Imaze Kwica Abantu 11
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?