Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Leta Yafunze Ibinyamakuru Bitatu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Leta Yafunze Ibinyamakuru Bitatu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2024 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta ya Tanzania yatangaje ko hari ibinyamakuru bitatu byibumbiye mu kigo kitwa Mwananchi Communications Limited byafunzwe bizira gushushanya Perezida Suluhu Hassan.

Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Tanzania nirwo rwanzuye ko ibyo binyamakuru bifungwa nyuma yo gukora ibishushanyo( cartoon) bya Perezida wa Repubulika yiyunze ya Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan.

Iyo cartoon yagaragazaga Perezida Suluhu Hassan ari kumwe n’abantu bamaze iminsi batangaje ko hari ababo baburiwe irengero.

Ayo mashusho yatangajwe no mu kinyamakuru gikomeye muri Tanzania kitwa The Citizen ndetse ntibyatinze, Leta binyujije muri cya kigo gishinzwe itumanaho, ihita ifunga The Citizen, Mwanainchi na Mwanaspoti.

Bivugwa ko ibyo binyamakuru byakoze ibinyuranyije n’itegeko ribuza abantu gutangaza ibibujijwe.

Mu minsi 30 ntibyemerewe gusohoka habe no kuri murandasi.

Amashusho ya Suluhu n’abo bantu bafite ababo baburiwe irengero yaje gusibwa.

Iby’uko hari abantu benshi baburiwe irengero muri Tanzania byo bimaze iminsi biteza impaka muri iki gihugu.

Leta ntacyo irabitangazaho, ngo igire icyo ibwira abaturage.

TAGGED:GushushanyaIbinyamakuruSuluhuTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Agacurama: Inyamaswa Yateye Abantu Icyorezo Cya Marburg
Next Article Rwanda: Marburg Imaze Kwica Abantu 11
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?