Nyuma yo kuva mu nama mpuzamahanga ya Transform Africa yaraye ibereye i Harare muri Zimbabwe, Perezida Kagame yageze i Dar es Salaam mu ruzinduko rw’akazi. Asuye...
Perezida Samia Suluhu Hassan yirukanye Ambasaderi w’igihugu cye mu Muryango w’Abibumbye witwa Prof Kennedy Gastorn kubera ruswa akekwaho. Abakurikiranira hafi ibibera muri Tanzania bavuga ko ibyo...
Perezida wa Banki Nyafurika y’Iterambere Dr Akinumi Adesina yanditse kuri Twitter ko aherutse kuganira na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we uyobora Tanzania Madamu...
Imibare yaraye itangajwe na kimwe mu bigo bya Kenya bikora ibarurishamibare, yerekana ko ibyo iki gihugu gitumiza muri Tanzania byazamutse cyane kurusha ibyo koherezayo. Ni imibare...
Perezida Paul Kagame ari kuri Sitade yitiriwe Uhuru Kenyatta ahagiye kubera Umuhango wo kwizihiza itariki Tanzania yaboneyeho ubwigenge. Ni umuhango yatumiwemo na mugenzi we uyobora Tanzania...