Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Uruganda Rukora Isukari Rwahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tanzania: Uruganda Rukora Isukari Rwahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2024 7:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uruganda rukorera ahitwa Mtibwa muri Tanzania rwaraye ruhiye, inkongi ihitana abantu 11 barimo n’Umunyakenya umwe.

Mtibwa ni mu Burasirazuba bw’Intara ya Morogoro, imwe mu Ntara za Tanzania.

Amakuru atangazwa na Polisi avuga ko intandaro y’iyi nkongi ari amashanyarazi atabashije gukorana neza n’ibyuma bisanzwe biyakoresha bituma habaho iturika.

Abandi banyamahanga baguye muri iyi mpanuka ni umunya Brazil n’Umuhinde.

Imirambo ya ba nyakwigendera yajyanywe mu bitaro kandi abapfuye bose bari abakozi mu by’amashanyarazi bari bari mu cyumba kirimo ibyuma bicungira hafi imikorere y’ibindi byuma mu ruganda, aho bita control room.

Abantu babiri bakomeretse bikomeye boherejwe kuvurirwa mu bitaro bya Bwagala Mission Hospital.

Polisi ivuga ko iperereza ryatangiye ngo hamenyekane izindi mpamvu zirenze izivugwa zaba zateye ririya turika rya rumwe mu nganda zikora isukari zikomeye muri Tanzania.

TAGGED:IsukariTanzaniaUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bunyoni Agiye Kugaruka Mu Rukiko
Next Article Polisi Ivanwe Mu Byo Gufata Abana Baba Ku Muhanda- CLADHO
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranwa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?