Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 February 2024 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru agikusanywa aravuga ko N’Djamena mu Murwa mukuru wa Tchad humvikanye amasasu bikaba bikekwa ko hari abantu bashakaga guhirika ubutegetsi.

Bivugwa ko Perezida Mahamat Idriss Deby nawe yaba ashaka gukorana n’Abarusiya bityo bikaba bikekwa ko hari abatarabyishimiye bakaba ari bo bashaka kumuhirika.

Ibi biravugwa mu gihe muri Gicurasi na Kamena, 2024 hari amatora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Tchad.

Iki gihugu ubu kirategekwa n’abasirikare bayobowe na Deby uyu akaba ari umuhunga wa Idriss Deby Itno waguye ku rugamba mu mwaka wa 2021 ubwo yari yagiye gutera akanyabugabo ingabo ze zari ziri ku rugamba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Byari bitaganyijwe ko inzibacyuho itegekwa n’abasirikare izarangira mu Ukwakira, 2024.

Ibiri kubera muri N’Djamena ni ibyo gukurikiranwa.

TAGGED:AmasasufeaturedN'DjamenaTchad
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuguzi Uzerekana Ko Atahawe EBM ‘Azajya’ Abihemberwa
Next Article RDF Na Polisi Bagiye Gutangiza Ukwezi Ko Guteza Imbere Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?