Abahagarariye impande zihanganye muri Sudani bari muri Arabie Saoudite mu biganiro bigamije guhagarika intambara igiye kumara ukwezi ihatangiye. Ni intambara ihuje abasirikare bayobowe na Gen Burhan...
Gen Mahamat Idriss Déby Itno uyoboye Tchad muri iki gihe ari i Kigali. Yahageze ahagana saa saba z’amanywa kuri uyu wa Gatandatu, taliki 18, Werurwe, 2022....
Ubushinjacyaha bukuru bwa Madagascar bwemeza ko hari Abafaransa babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho gucura no gushyira mu bikorwa umugambio wo kwica Perezida wa kiriya gihugu ariko...
N’Djamena ni umurwa mukuru wa Tchad, iki kikaba igihugu cyo muri Afurika giherutse kugira ibyago gipfusha Umukuru wacyo, bivugwa ko yaguye ku rugamba arashwe n’abanzi b’igihugu....
Ubwo umunyamakuru yabazaga Perezida Felix Tshisekedi niba atemera ko ibyo ingabo za Tchad zakoze ubwo zafataga ubutegetsi ari Coup d’état ya gisirikare, undi yamusubije ko ibyo...