Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2025 6:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Donald Trump yavuze ko bitarenze ku Cyumweru Hamas igomba kuba yemeye umugambi aherutse gutangaza ko yateguye ngo amahoro hagati yayo na Israel aboneke.

Nitabikora ngo ‘izakabona’.

Kuri Truth Social yanditse ko Hamas igomba kuba yemeye uwo mugambi bitarenze ku Cyumweru nimugoroba.

Abivuze nyuma y’uko Hamas yo yasabye guhabwa igihe gihagije cyo kuwusuzuma, ikareba niba kuwemera bitabamo guhubuka.

BBC yanditse ko ububanyi n’amahanga bwa Turikiya n’ubw’ibihugu by’Abarabu buri kuganiriza Hamas ngo yemere uwo mugambi wa Hamas.

Hagati aho, Hamas ivuga ko iri kureba uko yakwemera ibyo Amerika iyisaba, gusa ntishaka ko izagaragara nkaho yabitegetswe ku gatuza.

The New York Times yavuganye na Mohammad Nazal uri mu bayobozi ba Hamas ayibwira ko nabo bifuza kuganira no kwemera uriya mushinga.

Ati: “Hamas iri kuganira kuri uyu mushinga ibishishikariye ndetse turaganira n’abandi bo muri Palestine ngo turebe icyo tuzatangaza vuba aha.”

Uko bimeze kose, haracyari ibihato bikibuza ko amahoro hagati ya Israel na Hamas asinywa mu buryo budasubirwaho.

TAGGED:AmerikafeaturedHamasIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza
Next Article Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?