Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yazinze Utwe Ava Muri White House
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Trump Yazinze Utwe Ava Muri White House

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2021 2:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ya nyuma ya Saa sita kuri uyu wa Gatatu nibwo  Donald Trump wari umaze imyaka ine ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika yazinze ibye ava mu ngoro y’Umukuru wa USA yitwa White House.

Yahise agana ahitwa Joint Base Andrews afata kajugujugu igendamo Umukuru wa USA yitwa Marine One yerekeza iwe.

Yari ari kumwe n’umugore we Melanie Trump.

Donald Trump yabwiye abanyamakuru ko kuba yarayoboye USA ari ikintu cy’agaciro kandi ko byamubereye byiza.

Biteganyijwe ko hari ijambo ari bugeze ku baturage nagera ku kigo cya gisirikare kiri Maryland.

Kuba Perezida Donald Trump atari bwitabire irahira rya mugenzi we ni ikibazo.

Ni ubwa mbere mu myaka 150 ishize Umukuru w’Igihugu wa USA atitabira irahira rya mugenzi.

Hari abahanga bamwe bavuga ko bidatinze Donald Trump azongera kwiyamamariza kuyobora USA.

TAGGED:DonaldMelanieTrumpUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubano W’u Rwanda na DRC Mu Bya Gisirikare Uhagaze Ute?
Next Article AS Muhanga Igeze Aharindimuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?