Bimaze kuba inshuro 11 abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bicara ngo batore Perezida w’Umutwe w’Abadepite ariko bikanga! Abo mu ishyaka ry’Aba Republicans nibo biganje muri iyi...
Abayahudi b’Abanyamerika bafite ijambo rikomeye muri Politiki batangaje ko barakajwe bikomeye no kuba Donald Trump yarakiriye ku meza Kanye West ndetse n’Umuzungu uzwiho kuvangura abantu harimo...
Abashyigikiye Donald Trump bagiye ku rugo rwe ruri ahitwa Mar-a-Lago bajyana imodoka zabo ziriho amabendera y’Amerika ari ho n’amafoto ya Trump bamagana abakozi ba FBI baje...
Uyu mugabo wayoboye Amerika ariko agasiga umugani kubera imyitwarire n’ibyemezo yafataga, agarutse mu itangazamakuru noneho kubera icyo bamwe bafashe nko kwihesha ikintu cy’abandi. Ubwo yavaga mu...
Donald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu gihe cya Manda imwe, yaraye asohoye inyandiko yanditswe n’abamwunganira mu mategeko ivuga ko agiye kurega...