Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Ahangayikishijwe N’Ubwinshi Bw’Abantu Barasanira Muri Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Tshisekedi Ahangayikishijwe N’Ubwinshi Bw’Abantu Barasanira Muri Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 June 2025 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Félix Tshisekedi yatangaje ko umubare w’abarasana n’ababigwamo uteye impungenge kuko bibera mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Hejuru yo kurasana hiyongeraho no kwambura abantu utwabo kandi bikaba ku manywa y’ihangu.

Iyo ngingo iri mu ziherutse kuganirwaho mu Nama y’Abaminisitiri ya 46 iherutse kuyoborwa na Perezida Tshisekedi ubwe.

Ubwo yavugaga kubyo bemeranyijeho, Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Guverinoma ya DRC Patrick Muyaya yavuze ko Perezida Tshisekedi yategetse ingabo na Polisi guhaguruka bagakoma imbere abo bagizi ba nabi.

Muyaya ati: ” Perezida yasabye Minisitiri w’Intebe wungirije, Minisitiri w’umutekano, Minisitiri w’ubutabera na Minisitiri w’ingabo ko bose bahaguruka bagakoresha ubushobozi bahabwa n’amategeko bagakuraho ako kajagari, abaturage bakongera kubaho batuje”.

Hategetswe ko ibikorwa byo gucunga umutekano mu bice byose bya Kinshasa byongerwa, umubare w’abasirikare n’abapolisi ukongerwa cyane cyane mu bice nyabagendwa kurusha ibindi, kandi abafatiwe muri urwo rugomo bagahanwa bikomeye.

Kinshasa niwo mujyi munini wa DRC utuwe n’abantu Miliyoni 17 ni ukuvuga abaruta abatuye u Rwanda bose.

Niwo mujyi wa Gatatu munini muri Afurika.

TAGGED:AbaturageAmasasufeaturedKinshasaPerezidaTshisekediUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Colombia: Uwashakaga Kuba Perezida Yarashwe Mu Mutwe 
Next Article Abakobwa Basigaye Bajya Mu Bwangavu Bakiri Bato Cyane, Biraterwa N’Iki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?