Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Ahangayikishijwe N’Ubwinshi Bw’Abantu Barasanira Muri Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Tshisekedi Ahangayikishijwe N’Ubwinshi Bw’Abantu Barasanira Muri Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 June 2025 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Félix Tshisekedi yatangaje ko umubare w’abarasana n’ababigwamo uteye impungenge kuko bibera mu Murwa mukuru, Kinshasa.

Hejuru yo kurasana hiyongeraho no kwambura abantu utwabo kandi bikaba ku manywa y’ihangu.

Iyo ngingo iri mu ziherutse kuganirwaho mu Nama y’Abaminisitiri ya 46 iherutse kuyoborwa na Perezida Tshisekedi ubwe.

Ubwo yavugaga kubyo bemeranyijeho, Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Guverinoma ya DRC Patrick Muyaya yavuze ko Perezida Tshisekedi yategetse ingabo na Polisi guhaguruka bagakoma imbere abo bagizi ba nabi.

Muyaya ati: ” Perezida yasabye Minisitiri w’Intebe wungirije, Minisitiri w’umutekano, Minisitiri w’ubutabera na Minisitiri w’ingabo ko bose bahaguruka bagakoresha ubushobozi bahabwa n’amategeko bagakuraho ako kajagari, abaturage bakongera kubaho batuje”.

Hategetswe ko ibikorwa byo gucunga umutekano mu bice byose bya Kinshasa byongerwa, umubare w’abasirikare n’abapolisi ukongerwa cyane cyane mu bice nyabagendwa kurusha ibindi, kandi abafatiwe muri urwo rugomo bagahanwa bikomeye.

Kinshasa niwo mujyi munini wa DRC utuwe n’abantu Miliyoni 17 ni ukuvuga abaruta abatuye u Rwanda bose.

Niwo mujyi wa Gatatu munini muri Afurika.

TAGGED:AbaturageAmasasufeaturedKinshasaPerezidaTshisekediUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Colombia: Uwashakaga Kuba Perezida Yarashwe Mu Mutwe 
Next Article Abakobwa Basigaye Bajya Mu Bwangavu Bakiri Bato Cyane, Biraterwa N’Iki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?