Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Muri Congo Brazzaville
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Muri Congo Brazzaville

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 May 2023 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yagiye muri Congo-Brazzaville kuganira na mugenzi we Denis Sassou Nguesso.

Nta makuru arambuye ku bikubiye mu biganiro byabo ariko nk’uko amaze iminsi abigenza, Perezida Tshisekedi ari gukora uko ashoboye ngo ashakishe amaboko yamufasha guhangana na M23.

Uyu ni umutwe w’abarwanyi b’abaturage ba DRC bavuga Ikinyarwanda.

Bashinja igihugu cyabo kubima uburenganzira nk’ubuhabwa abandi baturage.

Abayobozi ba M23 bavuga ko ubutegetsi bw’i Kinshasa buheza abavuga Ikinyarwanda kandi bukaba bwarirengagije nkana gukurikiza ibikubiye mu masezerano yasinywe mu mwaka wa 2013.

Tshisekedi ageze i Brazzaville avuye mu Majyepfo y’Afurika aho yari yitabiriye  Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize SADC.

Yavuyeyo bemeranyije ko bazamwoherereza ingabo zo kumufasha guhangana na M23 ariko italiki n’umubare w’ingabo zizoherezwa muri DRC ntibiratangazwa.

Kinshasa na Brazzaville ni imijyi ibiri ituranye.

Igabanywa n’uruzi rwa Congo rwambukwa n’ikiraro kirekire.

Minisiteri z’ingabo zisanzwe zikorana…

Muri Werurwe, 2022,  abayobozi b’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza Congo Brazzaville barahuye  basinya amasezerano y’ubufatanye.

Hari mu nama ya munani isanzwe ihuza impande zombi, ikaba iterana igamije kureba uko hakongerwa imikoranire mu bya gisirikare, iheruka yabereye i Kinshasa.

Uwari uhagarariye inzego z’umutekano muri Repubulika ya Congo Brazzaville yavuze ko isinywa ryariya masezerano ryakozwe mu rwego rwo gushyira  mu bikorwa ibyemeranyijweho mu nama ya 12 yakozwe na Komisiyo ihuriweho n’impande zombi yabaye hagati ya taliki 16 na taliki 20,Ukuboza,  2021 yabereye i Kintele muri Repubulika Congo- Brazzaville.

Indi ngingo impande zombi zavuze ko  zizafatanyamo ni mu guhangana n’imitwe iri muri DRC kuko ngo itarwanyijwe ishobora kwambuka igahungabanya n’abaturanyi barimo n’abaturage ba Congo Brazzaville.

TAGGED:AbarwanyiCongofeaturedM23NguessoPerezidaSassouTshisekediUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burkina Faso: Abantu 33 Biciwe Rimwe
Next Article Linda Yaccarino: Umuyobozi Mushya Wa Twitter
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?