Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yabwiye Amahanga Ibyo Yifuza Ko Byakorerwa i Goma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yabwiye Amahanga Ibyo Yifuza Ko Byakorerwa i Goma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 February 2025 4:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri X ya Perezidansi ya DRC handitse ko Perezida Tshisekedi yifuza ko bagenzi be ba EAC na SADC bitabiriye Inama yabahurije muri Tanzania bategeka abarwanyi ba M23 kuva mu Mujyi wa Goma.

Ni kimwe mu bindi byifuzo ashaka ko abitabiriye iriya nama yabereye Dar es Salaam muri Tanzania bagomba kwemeza.

Ashaka ko M23 irekura ikibuga cy’indege cya Goma, agashaka ko ingabo z’u Rwanda ziva mu bice by’igihugu cye avuga ko zigaruriye.

Tshisekedi avuga ko gufungura ikibuga cya Goma bizafasha mu kugeza imfashanyo ku baturage bo muri Goma bavanywe mu byabo n’intambara.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuri X, Congo ivuga ko iri gutsinda urugamba rwa dipolimasi, igatanga ingero z’inama iyabereye  i Geneve mu Busuwisi yiga ku burenganzira bwa muntu, iyabereye i Malabo muri Guinée Equatoriale, zose zavuze ko u Rwanda rufite akaboko mu bibera mu Burasirazuba bwa Congo.

I Kinshasa bavuga ko ibyo byose byerekana ko DRC iri gutsinda urugamba muri dipolomasi.

Inama yabereye muri Tanzania ntiyitabiriwe na Ndayishimiye ariko yohereje Minisitiri w’Intebe Gervais Ndirakobuca.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame we yayitabiriye, mu gihe mugenzi we wa Afurika y’Epfo witwa Cyril Ramaphosa atayitabiriye by’imbonankubone.

Abatuye EAC na SADC bategerezanyije amatsiko ibyemezo by’iriya nama.

- Advertisement -
TAGGED:BurundifeaturedIbyemezoRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yageze Dar es Salaam Mu Nama Ikomeye Yiga Ku Bibazo Bya DRC
Next Article Ese Tshisekedi Aremera Ibyo Yasabwe Byo Kuganira Na M23?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?