Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yasabye Guverinoma Nshya Gukemura Bwangu Ibibazo By’Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yasabye Guverinoma Nshya Gukemura Bwangu Ibibazo By’Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2024 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu nama y’Abaminisitiri yakoresheje bwa mbere nyuma yo gushyiraho Guverinoma nshya iyobowe na Madamu Suminwa, Perezida Tshisekedi yabasabye gukora uko bashoboye ibibazo by’abaturage bigakemuka.

Yabasabye kureka ibyo batumvikanaho birimo imirongo itandukanye ya Politiki n’imyizerere ya kidini itandukanye ahubwo bakitabira imirimo ibareba, hagamijwe inyungu rusange z’abaturage.

Muri iyo nama yagize ati: “ Muri hano kandi mumaze kurahira. Muri hano kubwa Repubulika bityo rero ntimukwiye gukomeza kwizirika kubyo mutumvikanaho birimo imirongo ya Politiki cyangwa amadini ahubwo mukwiye guhuza imbaraga mu nyungu z’abaturage bacu”.

Ku byerekeye umutekano, Perezida Tshisekedi yabasabye kuzakoresha uburyo bwose bazabona bakabwira amahanga n’abandi bafatanyabikorwa ba DRC ko u Rwanda ari ryo nyirabayazana w’ibibazo bya Kinshasa.

Yanabasabye kuzakomeza gukora uko bashoboye kugira ngo Uburasirazuba bwa DRC bugire amahoro kandi arambye.

Perezida Tshisekedi yabasabye kuzakoresha uburyo bwose bafite bakita ku bibazo by’abaturage birimo n’iby’imibereho yabo imeze nabi.

Yaboneyeho kubibutsa ko igihe kizajya kigera bagakorerwa isuzuma kugira ngo harebwe aho bageze besa imihigo.

Perezida Tshisekedi asaba abamufasha kuyobora DRC kurangwa n’umutuzo n’uburyo buboneye mu gushyira mu bikorwa ibyo bashinzwe, buri wese akirinda kuvangira undi, kuranzika ibintu no gusopanyiriza abandi.

 

TAGGED:CongoDRCTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jeannette Kagame Yashimiye Uko AVEGA Yafashije Abapfakazi Kwiyubaka
Next Article Perezida Kagame Araganira N’Abajyanama B’Ubuzima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ish Kevin Yinjiye Mu Bufatanye N’Ikigo Gikomeye Gicuruza Umuziki Ku Isi

CNDD-FDD Ishima Ibyo Yagejeje Ku Gihugu, Abayirwanya Bakayinyomoza

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Ntishaka Ubuhuza Bwa Thabo Mbeki 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?