Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yashyizeho Umuyobozi Mushya Wa Polisi Y’i Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yashyizeho Umuyobozi Mushya Wa Polisi Y’i Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Peter Kazadi yamenyesheje Commissaire Blaise Kilimbalimba ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 ari muyobozi wa Polisi mu Murwa mukuru Kinshasa.

Ni icyemezo gikubiye mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida Felix Tshisekedi.

Commissaire Blaise Kilimbalimba yasezeranyije Minisitiri Kazadi ko agiye gukora k’uburyo azahangana n’abagizi ba nabi bazengereje abatuye Kinshasa.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo Kilimbalimba ari buhererekanye ubutegetsi n’uwo asimbuye.

Yavuze ko agiye gusesengura uko ibintu byifashe mu gice yashinzwe kuyobora hanyuma akazaha raporo Minisitiri w’umutekano mu gihe kitarenze amezi atatu.

Muri iyo raporo hazaba hakubiyemo na gahunda yihaye zo gutuma Kinshasa itekana.

TAGGED:KinshasaPolisiTshisekediUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga- Ngororero: Abantu 11 Bapfiriye Mu Mpanuka Y’Ubwato
Next Article Umutoza Mukuru Mushya Wa Rayon Yageze i Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?