Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yashyizeho Umuyobozi Mushya Wa Polisi Y’i Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yashyizeho Umuyobozi Mushya Wa Polisi Y’i Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Peter Kazadi yamenyesheje Commissaire Blaise Kilimbalimba ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 ari muyobozi wa Polisi mu Murwa mukuru Kinshasa.

Ni icyemezo gikubiye mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida Felix Tshisekedi.

Commissaire Blaise Kilimbalimba yasezeranyije Minisitiri Kazadi ko agiye gukora k’uburyo azahangana n’abagizi ba nabi bazengereje abatuye Kinshasa.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo Kilimbalimba ari buhererekanye ubutegetsi n’uwo asimbuye.

Yavuze ko agiye gusesengura uko ibintu byifashe mu gice yashinzwe kuyobora hanyuma akazaha raporo Minisitiri w’umutekano mu gihe kitarenze amezi atatu.

Muri iyo raporo hazaba hakubiyemo na gahunda yihaye zo gutuma Kinshasa itekana.

TAGGED:KinshasaPolisiTshisekediUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga- Ngororero: Abantu 11 Bapfiriye Mu Mpanuka Y’Ubwato
Next Article Umutoza Mukuru Mushya Wa Rayon Yageze i Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?