Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yatumije Inama Y’Abaminisitiri ‘Idasanzwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yatumije Inama Y’Abaminisitiri ‘Idasanzwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2022 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka i Kinshasa avuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yatumije inama idasanzwe y’Abaminisitiri kandi biravugwa ko ashobora kugira bamwe akura mu mirimo ndetse agahindura n’abagize ubuyobozi bw’ingabo za kiriya gihugu.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Patrick Muyaya avuga ko itangazo ry’ibyavuye muri iriya nama bitangazwa mu masaha akuze yo kuri uyu wa Gatanu.

Ni inama  idasanzwe ibaye  mu gihe hari intambara mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu kandi ihuje abarwanyi ba M23 bari kotsa igitutu ingabo za Repubila ya Demukarasi ya Congo.

Perezida Tshisekedi mu nama n’Abaminisitiri yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga

Ibaye kandi nta gihe kinini gishize habaye inama yahuje Perezida Tshisekedi na mugenzi uyobora u Rwanda, Paul Kagame yigaga ku ngingo zifite aho zihuriye n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

08.07.2022 l #ConseilDesMinistres #Kinshasa
Le Chef de l'État, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, préside, de son bureau à la cité de l'UA et en visioconférence, le 61eme Conseil des ministres.
Le porte-parole du gouvernement en fera le compte-rendu en fin d'après-midi. pic.twitter.com/2LUsQcr3D2

— Présidence RDC 🇨🇩 (@Presidence_RDC) July 8, 2022

Mu kiganiro Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije muri kiriya gihugu yahaye abanyamakuru ikiganiro ababwira ko kuba M23 ikomeje kugaba ibitero mu bice bitandukanye, ari ikimenyetso cy’uko idashaka ko hari ibigerwaho mu kugarura amahoro muri kiriya gice.

Lutundula yavuze ko Abakuru b’ibihugu byombi basinye amasezerano arimo ingingo z’uburyo intambara yagarara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko mugenzi  we ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Rwanda yabihakanye.

Dr Vincent Biruta kuri Twitter yavuze ko ibyo guhagarika imirwano bitegeze bishyirwa mu myanzuro cyangwa amasezerano bagiranye.

 

- Advertisement -
TAGGED:CongofeaturedInamaKagameRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jose Edouardo Dos Santos Wategetse Angola Yatabarutse
Next Article U Bwongereza Bwashimiye Uwari Ushinzwe Itsinda Ryateguye CHOGM 2022
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?