Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Yatumije Inama Y’Abaminisitiri ‘Idasanzwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tshisekedi Yatumije Inama Y’Abaminisitiri ‘Idasanzwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2022 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka i Kinshasa avuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yatumije inama idasanzwe y’Abaminisitiri kandi biravugwa ko ashobora kugira bamwe akura mu mirimo ndetse agahindura n’abagize ubuyobozi bw’ingabo za kiriya gihugu.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Patrick Muyaya avuga ko itangazo ry’ibyavuye muri iriya nama bitangazwa mu masaha akuze yo kuri uyu wa Gatanu.

Ni inama  idasanzwe ibaye  mu gihe hari intambara mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu kandi ihuje abarwanyi ba M23 bari kotsa igitutu ingabo za Repubila ya Demukarasi ya Congo.

Perezida Tshisekedi mu nama n’Abaminisitiri yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga

Ibaye kandi nta gihe kinini gishize habaye inama yahuje Perezida Tshisekedi na mugenzi uyobora u Rwanda, Paul Kagame yigaga ku ngingo zifite aho zihuriye n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

08.07.2022 l #ConseilDesMinistres #Kinshasa
Le Chef de l'État, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, préside, de son bureau à la cité de l'UA et en visioconférence, le 61eme Conseil des ministres.
Le porte-parole du gouvernement en fera le compte-rendu en fin d'après-midi. pic.twitter.com/2LUsQcr3D2

— Présidence RDC 🇨🇩 (@Presidence_RDC) July 8, 2022

Mu kiganiro Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije muri kiriya gihugu yahaye abanyamakuru ikiganiro ababwira ko kuba M23 ikomeje kugaba ibitero mu bice bitandukanye, ari ikimenyetso cy’uko idashaka ko hari ibigerwaho mu kugarura amahoro muri kiriya gice.

Lutundula yavuze ko Abakuru b’ibihugu byombi basinye amasezerano arimo ingingo z’uburyo intambara yagarara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko mugenzi  we ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Rwanda yabihakanye.

Dr Vincent Biruta kuri Twitter yavuze ko ibyo guhagarika imirwano bitegeze bishyirwa mu myanzuro cyangwa amasezerano bagiranye.

 

TAGGED:CongofeaturedInamaKagameRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jose Edouardo Dos Santos Wategetse Angola Yatabarutse
Next Article U Bwongereza Bwashimiye Uwari Ushinzwe Itsinda Ryateguye CHOGM 2022
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?