Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turahirwa Moses Yandikiye Urukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Turahirwa Moses Yandikiye Urukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 May 2023 11:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamideli Turahirwa Moses washinze Moshions yandikiye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge arusaba ashikamye ko rwamworohereza rukamuha italiki ya vuba yo kuburana k’ubujurire yatanze.

Me Bayisabe Irené wunganira Turahirwa yabwiye itangazamakuru ko umukiliya we yajuriye avuga ko yifuza guhabwa italiki ya vuba yo kuburana.

Ati “Tukimara kujurira twasabye Urukiko ko rwaduha italiki ya vuba, baduha ku wa 12 Kamena 2023 kuko ni ho bari bageze bapanga imanza bitewe n’uburyo zinjiye.”

Bayisabe avuga ko n’ubwo bahawe taliki 12, Kamena, 2023 nk’iyo kuburaniraho, ku wa 26 Gicurasi 2023, Turahirwa ubwe yandikiye Urukiko arutakambira ngo urubanza rwe rwakwigizwa imbere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko umukiliya we asaba urukiko kumuha italiki ya bugufi kugira ngo azabone uko ajya gukomeza amasomo ye.

Urukiko ntiruragira icyo ruvuga ku busabe bwa Turahirwa Moses.

Rwagati muri Gicurasi, 2023, hari taliki 15, nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Turahirwa afungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Rwatanze impamvu y’uko agomba gufungwa by’agateganyo  kugira ngo hakomeze iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo gukoresha urumogi.

TAGGED:ImideliTurahirwaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yitwaza M23 Kugira Ngo Ipyinagaze u Rwanda
Next Article Kenya, Afurika Y ‘Epfo, Uburusiya Bwiyegereje N’Uburundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?