Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turahirwa Moses Yandikiye Urukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Turahirwa Moses Yandikiye Urukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 May 2023 11:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamideli Turahirwa Moses washinze Moshions yandikiye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge arusaba ashikamye ko rwamworohereza rukamuha italiki ya vuba yo kuburana k’ubujurire yatanze.

Me Bayisabe Irené wunganira Turahirwa yabwiye itangazamakuru ko umukiliya we yajuriye avuga ko yifuza guhabwa italiki ya vuba yo kuburana.

Ati “Tukimara kujurira twasabye Urukiko ko rwaduha italiki ya vuba, baduha ku wa 12 Kamena 2023 kuko ni ho bari bageze bapanga imanza bitewe n’uburyo zinjiye.”

Bayisabe avuga ko n’ubwo bahawe taliki 12, Kamena, 2023 nk’iyo kuburaniraho, ku wa 26 Gicurasi 2023, Turahirwa ubwe yandikiye Urukiko arutakambira ngo urubanza rwe rwakwigizwa imbere.

Avuga ko umukiliya we asaba urukiko kumuha italiki ya bugufi kugira ngo azabone uko ajya gukomeza amasomo ye.

Urukiko ntiruragira icyo ruvuga ku busabe bwa Turahirwa Moses.

Rwagati muri Gicurasi, 2023, hari taliki 15, nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Turahirwa afungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Rwatanze impamvu y’uko agomba gufungwa by’agateganyo  kugira ngo hakomeze iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo gukoresha urumogi.

TAGGED:ImideliTurahirwaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yitwaza M23 Kugira Ngo Ipyinagaze u Rwanda
Next Article Kenya, Afurika Y ‘Epfo, Uburusiya Bwiyegereje N’Uburundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Kenya Yashyizeho Icyunamo Cy’Iminsi Irindwi Bunamira Odinga

Gasabo: Bafatanywe Urumogi Rwuzuye Umufuka

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Netanyahu Yavuze Ko Niba Hamas Itamanitse Amaboko Ijuru Rizayigwira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?