Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Turashaka Ko Kaminuza Y’u Rwanda Iba Kaminuza Yigisha Abazakorera Leta Beza-PM Dr.Ngirente
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Turashaka Ko Kaminuza Y’u Rwanda Iba Kaminuza Yigisha Abazakorera Leta Beza-PM Dr.Ngirente

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2022 7:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyeshuri n’abandi bakozi ba Kaminuza y’u Rwanda ko intego Leta ifite ari iy’’uko iyi Kaminuza ikomeza  kubaka ubushobozi kugira ngo ibe intangarugero mu ruhando mpuzamahanga.

Avuga ko imwe mu ntego za Kaminuza ni ugukora ubushakashatsi kandi ngo iy’u Rwanda ikora uko ishoboye igateza imbere uru rwego n’ubwo hari ibindi byo gukomeza gukora muri uru rwego.

Dr. Edouard Ngirente ati: “ Ibi rero byagize uruhare runini cyane mu kongera umubare w’abarimu no kubigisha abenshi muri bo bakabasha kugera ku mpamyabumenyi y’ikirenga (PhD). Twishimira rero ko muri iyo myaka yose Kaminuza izo ntego yazigezeho.”

Yasezeranyije abari bamuteze amatwi ko Guverinoma y’u Rwanda izafatanya n’ubuyobozi bw’iriya Kaminuza m’ugukemura ibibazo byose biyirimo kugira ngo ibe Kaminuza y’intangarugero.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari mu muhango wo kwakira impamyabumenyi zahawe abarangije muri iriya Kaminuza barimo abanyamahanga 100 baturutse mu bihugu 21.

Abanyeshuri basaga 5,700  nibo barangije amasomo kuri iyi nshuro.

Abanyeshuri 5,700 nibo baharangije kuri iyi nshuro

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yashimye uruhare rw’ababyeyi mu gufasha abana babo kwiga Kaminuza.

Yashimiye n’abarezi babarereye muri Kaminuza kandi abasezeranya ko Guverinoma izakomeza kubafasha.

TAGGED:AbanyeshurifeaturedGuverinomaKaminuzaNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusirikare Wa DRC Yabanje Kurasa Ingabo Z’u Rwanda
Next Article Kenya Igiye Kubaka Umuhanda Mugari Uyihuza Na Tanzania
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?