Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Twitter Yabaye Umutungo Bwite W’Umukire Wa Mbere Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Twitter Yabaye Umutungo Bwite W’Umukire Wa Mbere Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2022 10:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Elon Musk yaraye aguze urubuga nkoranyambaga rwitwa Twitter. Yaruguze Miliyari 44 $.

Hari hashize ukwezi hari rwaserera hagati y’abanyamigabane muri Twitter basaba umukire wa mbere ku isi Elon Musk kujya mu Nama y’ubutegetsi bwayo kubera ko ariwe wari ufitemo imigabane myinshi ariko akabyanga. Yaraye aciye impaka, ahitamo kuyigura yose, bose bafata ayabo bavano akabo karenge!

Ubu uru rubuga ruri mu zizerwa n’abayobozi ndetse n’abandi bakire ku isi rwaguzwe n’umukire wa mbere ku isi witwa Elon Musk.

Bisa nk’aho nta kintu kidashoboka mu maso ya Elon Musk. Icyo yiyemeje cyose ashirwa akigeze ho, uhereye k’ugukora imodoka zikoresha amashanyarazi kandi zitwara, ugakomereza ku gukorwa ibyogajuru bijyana abantu mu bucyerarugendo bwo mu isanzure, ukageza k’ukugura Twitter…byose birashoboka.

Yatanze miliyari 44$  agura Twitter.

Abakozi ba Twitter mu kazi

Ubu haribazwa icyo agiye kuyikoresha kuko yari isanzwe ari ikigo cy’abanyamigabane, none yahindutse umutungo bwite w’umuntu umwe.

Twitter yashinzwe mu mwaka wa 2006. Hari taliki 21, Werurwe, ishingirwa  San Francisco muri Leta ya Calfornia, USA.

Yahinzwe n’abasore bane ari bo Jack Dorsey, Noah Glass, Biz Stone na Evan Williams.

Kuba Twitter yabaye umutungo wa Elun Musk ariko hari abavuga ko bigiye kuzana impinduka ikomeye mu mikorere ya Twitter ndetse ngo uyu mugabo arashaka ko abazakoresha uru rubuga bazabona ko we yihariye.

TAGGED:ElonfeaturedMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yakiriye Ba Ambasaderi Bashya Barimo N’Uwa Jamaica
Next Article Kayonza: Umuyisilamu Wiciye Ingurube Ku Musigiti Yakatiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?