Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Twitter Yavuyeho Umwanya Munini
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Twitter Yavuyeho Umwanya Munini

admin
Last updated: 17 February 2022 7:38 pm
admin
Share
SHARE

Abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter hirya no hino ku isi bamaze umwanya munini mu irungu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, batabasha kugira icyo barebaho kubera ibibazo tekiniki.

Abagerageje gufungura uru rubuga nkoranyambaga barimo guhita babona ubutumwa bubabwira ko “hari ikintu cyagenze nabi”, cyangwa mu Cyongereza ngo “Something went wrong. Try reloading.”

Ni ikibazo ariko cyaje gukemuka. Ntabwo ubuyobozi bwa Twitter buratangaza icyabiteye.

Urubuga Downdetector rugaragaza imbuga ziba zavuye ku murongo rwatangaje ko 86% by’ubutumwa rwakiriye ari ubw’abantu bavugaga ko Twitter yavuyeho.

Benshi mu babuze serivisi za Twitter ni abayikoresha banyuze ku rubuga rwayo (website) bagera kuri 92%, kurusha abakoresha application bagera kuri 7%.

Kugeza mu gihembwe cya kane cy’umwaka wa 2021, abantu bakoresha Twitter bageze kuri miliyoni 217, aho biyongereyeho miliyoni 6 zingana na 13% ugereranyije n’umwaka wabanje.

Iki kigo giteganya ko mu mwaka wa 2023 kizaba gifite abafatabuguzi bahoraho bagera kuri miliyoni 315.

TAGGED:featuredTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mushake Ubumenyi Akazi Kazizana-Inama Y’Uyobora Ishami Ry’Ubuvuzi Muri Kaminuza y’u Rwanda
Next Article BNR Yafashe Icyemezo Kigamije Guhagarika Itumbagira Ry’Ibiciro Ku Isoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?