Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bufaransa Bwahaye u Rwanda Izindi Nkingo 398,000 Za Pfizer
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

U Bufaransa Bwahaye u Rwanda Izindi Nkingo 398,000 Za Pfizer

admin
Last updated: 28 October 2021 7:22 am
admin
Share
SHARE

U Rwanda rwakiriye inkingo 398,000 za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer rwahawe n’u Bufaransa, binyuze muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu kubona inkingo z’iki cyorezo izwi nka COVAX.

Nyuma y’iyo mpano, inkingo zose u Bufaransa bumaze guha u Rwanda binyuze muri iriya gahunda ni 858,000.

Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Anfre Antoine, yavuze ko iyi mpano ari ikimenyetso cy’ubucuti bw’ibihugu byombi, buheruka gushimangirwa n’uruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron mu Rwanda.

Yakomeje ati “U Bufaransa kandi binyuze muri gahunda ya COVAX twiyemeje gutanga impano y’inkingo ku bihugu bizikeneye, u Rwanda rukaba ruri mu bihugu 10 byakiriye inkingo nyinshi zatanzwe n’u Bufaransa kubera ko gahunda y’ikingira hano ihagaze neza.”

Yavuze ko izo nkingo zigenda zitanga umusaruro, kuko nko mu Mujyi wa Kigali hamaze gukingirwa abaturage nibura 90%, ndetse ubwandu bushya bwaragabanyutse cyane.

Ibyo byatumye ibikorwa byose by’ubucuruzi bifungurwa.

Binyuze muri COVAX, Perezida Macron yiyemeje gutanga inkingo miliyoni 120 kugeza mu mpera za 2022.

Kugeza ubu mu Rwanda abantu bamaze guhabwa nibura urukingo rumwe rwa COVID-19 ni miliyoni 3.7, mu gihe abakingiwe byuzuye ari miliyoni 1.7.

Izi nkingo zakiriwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu
Indege ya KLM ni yo yagejeje izo nkingo mu Rwanda
TAGGED:Antoine AnfréCOVAXCOVID-19featuredInkingou Bufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Juno Kizigenza Na Ariel Niba Mukundana By’Ukuri Nimubitwereke: Inama Y’Umubyeyi
Next Article F.C Barcelona Yirukanye Umutoza Ronald Koeman
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?