Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burundi Burashaka Kwihimura Ku Bwongereza Bwabukomanyirije Ingendo z’Indege
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burundi Burashaka Kwihimura Ku Bwongereza Bwabukomanyirije Ingendo z’Indege

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2021 3:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burundi yatangaje ko niba u Bwongereza burisubiyeho ngo bureka kubukomanyiriza mu ngendo z’indege nabwo buzabwihimuraho. Biri mu itangazo yashyize kuri Twitter.

Iri tangazo risohotse nyuma y’igihe gito u Bwongereza bubujije ko u Burundi kohereza mu Bongereza abagenzi babuturutse bwanga ko babuzanira ubwandu bushya bwa COVID-19.

Kuri Twitter Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane yanditse iti: “ Dukurikije icyemezo u Bwongereza buherutse gufata cy’uko abaturage bacu batagomba kujya muri kiriya gihugu kubera ubwandu bwa COVID, bukagifata bwirengagije ko u Burundi buri mu bihugu bya mbere byashoboye gukumira kiriya cyorezo, natwe tugiye gufata ingamba zo kwihimura niba[u Bwongereza] butisubiyeho.”

Tariki 28, Mutarama, 2021 nibwo Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko u Burundi n’u Rwanda byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bitemerewe kohereza abaturage babyo mu Bwongereza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyemezo cy’u Bwongereza cyatangiye gushyirwa mu bikorwa kuwa Gatanu tariki 29, Mutarama, 2021.

Kiriya cyemezo kandi kireba Leta ziyunze z’Abarabu.

Bwana Grant Shapps ushinzwe ubwikorezi muri Guverinoma y’u Bwongereza iyobowe na Borris Johnson avuga ko kiriya cyemezo kitareba Abongereza cyangwa abakomoka muri Iriland baba mu bihugu byavuzwe haruguru.

Nabo kandi bagomba kubanza kwerekana ko bafite ibyemezo bya muganga by’uko batanduye COVID-19

Aba baturage nabo bagomba kuzamara iminsi 10 mu kato kugira ngo niba bafite ibimenyetso bya kiriya cyemezo bigaragare bataragira uwo banduza.

- Advertisement -
Hon Grant Shapps
TAGGED:AbarabuBurundiCOVID-19featuredGuverinomaLetau Bwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyavuye Muri ADN/DNA Y’Umukire Mirimo N’Abana Be Ntibiramenyekana
Next Article Dr Stella Nyanzi Utavuga Rumwe Na Museveni Yahunze Igihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?