Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burusiya Buranyomoza Iby’Uko Putin ARWAYE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burusiya Buranyomoza Iby’Uko Putin ARWAYE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 May 2022 7:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Burusiya witwa Sergueï Lavrov avuga ko ibimaze iminsi bitangazwa n’itangazamakuru ryo mu Burayi ku gice cy’i Burangerazuba by’uko Perezida Putin arwaye, ari ibinyoma.

Kuri Televiziyo ytiwa TF1 Lavrov yagize ati: “ Umuntu wese ufite amaso abona neza azi neza ko Perezida Putin nta bimenyetso by’uburwayi agaragaza haba mu mivugire ye ndetse no mu buryo agaragara ku mubiri.”

Mu Ukwakira, 2022 Vladmir Putin azizihiza isabukuru y’imyaka 70 y’amavuko.

Sergueï Lavrov avuga ko iby’uko arwaye ari ibikwizwa n’ibihugu bishyigikiye Ukraine mu Ntambara u Burusiya bwahashoje, bakabikora mu rwego rw’icengezamatwara ryo gutuma abasirikare b’u Burusiya bacika intege, bakumva ko umugaba wabo w’ikirenga afite amagara make.

Ati: “ Ababivuga bazi neza ko Putin ameze neza kandi babihamirizwa n’umutima nama wabo.”

Birasanzwe ko atari ahantu henshi ku isi, itangazamakuru rivuga mu buryo bweruye uko ubuzima bw’Umukuru w’igihugu icyo aricyo cyose buhagaze.

Biterwa n’uko akenshi ubuzima bwe buba buvuze ubuzima bw’igihugu kandi kubwira abaturage ko Umukuru w’igihugu cyabo arembye cyangwa afite ibindi bibazo by’ubuzima, bishobora kugira icyo bihungabanya ku buzima bw’igihugu ubwacyo.

TAGGED:BurayiBurusiyafeaturedIntambaraPutin
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwiyemeje Kutaba Imbarutso Y’Intambara Na DRC
Next Article Nshobozwa Wa REG BBC Yashyizwe Muri Ba Myugariro Bitwaye Neza Muri BAL 2022
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?