Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burusiya Bwanzuye Kudaha Ingano Zabwo Ibihugu BIDASHOBOTSE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Burusiya Bwanzuye Kudaha Ingano Zabwo Ibihugu BIDASHOBOTSE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 April 2022 2:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dmitri Medvedev yavuze ko u Burusiya batazaha ibikomoka ku buhinzi babwo ibihugu yise ko ari abanzi ‘badashobotse’.

Medvedev asanzwe ari Minisitiri w’Intebe w’u Burusiya akaba yarigeze no uba Perezida wabwo asimburana na Vladmin Putin.

Ubutumwa yatangarije kuri Telegram bugira buti: “ Ibiribwa byacu tugomba kubikoresha natwe duhana bariya badufatiye ibihano.”

RFI ivuga ko umwanzuro w’u Burusiya mu guhana Abanyaburayi babufatiye ibihano ushobora kuzahaza bimwe mu bihugu byakeneraga umusaruro mwinshi w’ingano z’iki gihugu kiri mu byeza ingano nyinshi ku isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Medvedev avuga ko u Burusiya buzafata ibihano bucece ariko bikomeye.

Afite icyizere cy’uko bizazahaza abafatiye igihugu cye ibihano.

Umwe mu mwanzuro iki gihugu cyafashe kandi ni uko uwo ari we wese ushaka guhaha ibintu byera mu Burusiya agomba kwishyura mu mafaranga akoreshwa muri iki gihugu.

Abazi iby’ubukungu bw’ibihugu by’i Burayi bavuga ko kubera ko u Burusiya busanzwe buturanye n’ibihugu by’i Burayi, byari akarusho kuri ibi bihugu kugira ngo bibone uko bitumiza ingano nyinshi.

Ibindi bihugu byeza ingano nyinshi biri kure y’u Burayi.

- Advertisement -

Ibyo ni u Bushinwa, u Buhinde, Leta zunze ubumwe z’Amerika n’ahandi nka Turikiya.

Medvedev

Abategetsi b’u Burusiya bavuga ko nta mpamvu yo guha ibiribwa umwanzi, ahubwo ngo icyo buzakora ni uguha ingano zabwo ibihugu by’inshuti.

TAGGED:AmerikaBurusiyaCanadafeaturedIngano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwemeje Gahunda Y’Imyaka Ine Yo Kwigisha Igifaransa
Next Article Bahisemo Gutunganya Ibiti Byasigaye Bakabikoramo Ibikoresho By’Ubugeni N’Ubukorikori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?