Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burusiya Bwemeje ko Abasirikare 498 Bamaze Kwicirwa Muri Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

U Burusiya Bwemeje ko Abasirikare 498 Bamaze Kwicirwa Muri Ukraine

admin
Last updated: 03 March 2022 9:33 am
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri uyu wa Gatatu.

Ni umubare w’abasirikare bamaze kugwa ku rugamba mu minsi itandatu rumaze.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya, Igor Konashenkov, yavuze ko uretse abapfuye, abandi abasirikare 1597 bakomeretse.

Ni yo mibare ya mbere itangajwe na Leta y’u Burusiya kuva intambara yatangira ku wa 24 Gashyantare.

Konashenkov yamaganye amagambo yakomeje gutangazwa na Ukraine ko u Burusiya “bwapfushije abasirikare batabarika”, avuga ko ari amakuru agamije kuyobya rubanda.

Yavuze ko imiryango y’abasirikare barimo kugwa ku rugamba irimo guhabwa ubufasha bwose bukenewe.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo yanatangaje ko abasirikare barenga 2,870 ba Ukraine bamaze kwicwa naho abarenga 3,700 barakomeretse, mu gihe abandi 572 bafashwe n’Ingabo z’u Burusiya.

Nta kintu Ukraine ariko iratangaza kuri iyo mibare y’u Burusiya.

Serivisi z’ubutabazi za Leta ya Ukraine zivuga ko abasivili 2000 bamaze kugwa muri iyi ntambara, nubwo Umuryango w’Abibumbye wo wemeza ko hamaze kwicwa abasivili 136, barimo abana 13.

Abamaze guhunga Ukraine kubera intambara bageze kuri miliyoni imwe.

TAGGED:AbasirikarefeaturedIntambaraU BurusiyaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Peru Mu Ntsinzi Yo Kurinda Isi Pulasitiki
Next Article Impamvu u Rwanda Rwashyigikiye Ko u Burusiya Buvana Ingabo Muri Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?