Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Burusiya Bwemeje ko Abasirikare 498 Bamaze Kwicirwa Muri Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

U Burusiya Bwemeje ko Abasirikare 498 Bamaze Kwicirwa Muri Ukraine

admin
Last updated: 03 March 2022 9:33 am
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri uyu wa Gatatu.

Ni umubare w’abasirikare bamaze kugwa ku rugamba mu minsi itandatu rumaze.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya, Igor Konashenkov, yavuze ko uretse abapfuye, abandi abasirikare 1597 bakomeretse.

Ni yo mibare ya mbere itangajwe na Leta y’u Burusiya kuva intambara yatangira ku wa 24 Gashyantare.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Konashenkov yamaganye amagambo yakomeje gutangazwa na Ukraine ko u Burusiya “bwapfushije abasirikare batabarika”, avuga ko ari amakuru agamije kuyobya rubanda.

Yavuze ko imiryango y’abasirikare barimo kugwa ku rugamba irimo guhabwa ubufasha bwose bukenewe.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo yanatangaje ko abasirikare barenga 2,870 ba Ukraine bamaze kwicwa naho abarenga 3,700 barakomeretse, mu gihe abandi 572 bafashwe n’Ingabo z’u Burusiya.

Nta kintu Ukraine ariko iratangaza kuri iyo mibare y’u Burusiya.

Serivisi z’ubutabazi za Leta ya Ukraine zivuga ko abasivili 2000 bamaze kugwa muri iyi ntambara, nubwo Umuryango w’Abibumbye wo wemeza ko hamaze kwicwa abasivili 136, barimo abana 13.

- Advertisement -

Abamaze guhunga Ukraine kubera intambara bageze kuri miliyoni imwe.

TAGGED:AbasirikarefeaturedIntambaraU BurusiyaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Peru Mu Ntsinzi Yo Kurinda Isi Pulasitiki
Next Article Impamvu u Rwanda Rwashyigikiye Ko u Burusiya Buvana Ingabo Muri Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?