Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bushinwa Bwakoze Indege Yabwo Ya Mbere Iremye Nka Boeing Y’Abanyamerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Bushinwa Bwakoze Indege Yabwo Ya Mbere Iremye Nka Boeing Y’Abanyamerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 January 2023 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni indege bise A C919, ikaba ari yo ya mbere bakoze iteye nk’iy’Abanyamerika bita Boeing. Iya mbere muri bwoko Abashinwa bakoze yaraye iguye ku kibuga mpuzamahanga cy’indege kitwa Meilan International Airportkiri ahitwa  Haikou mu Majyepfo  y’Intara ya Hainan mu Bushinwa.

Ikinyamakuru Xinhua ntigitangaza byinshi kuri iyi ndege ariko amakuru make gitanga avuga ko hari gahunda yo gukora izindi nyinshi nkayo.

Ni indege zizafasha u Bushinwa kujyana no kuvana ibicuruzwa hirya no hino ku isi hagamiwe kubwongerera imbaraga mu bucuruzi bukorana n’isi yose.

Ni ngombwa kuzirikana ko iki gihugu ari cyo giha isi byinshi ikeneye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Impamvu ni uko ari cyo cyonyine gifite inganda zikora ibintu byinshi kandi by’ingeri nyinshi amahanga akenera, kikabikora ku giciro buri wese yakwisangamo.

Ibi bituma gikenera ibikoresho by’ibanze inganda zikenera( raw materials) kugira ngo gikomeze iterambere ryacyo.

Ni igihugu kandi gishaka kuba icya mbere ku isi mu bya gisirikare no mu bukungu n’ubwo bwose Amerika nayo iticaye kandi isanzwe ari yo iri kuri iyi ntebe.

Iyi ndege ikozwe nka Boeing y’Abanyamerika
TAGGED:BushinwafeaturedIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Brazil: Imbaga Yaje Gusezera Kuri PELE
Next Article Burera: Bakurikiranyweho Guca Intsinga Z’Amashanyarazi Bakazigurisha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?