Dukurikire kuri

Mu Rwanda

Rwanda: Umudepite Wa Gatatu YEGUYE

Published

on

Amakuru Taarifa ifite avuga ko Hon Erenst Kamanzi wari uhagarariye urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yeguye.

Turacyagerageza kuvugana nawe ngo agire icyo abitubwiraho ariko ntarafata telefoni ye.

Hon Kamanzi yeguye akurikira izindi ntumwa za rubanda ebyiri zeguye mu gihe kitageze ku mezi abiri.

Kamanzi akomoka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Kamonyi.

Nta makuru arambuye ku mpamvu nyayo zatumye yegura ariko icyizwi ni uko yeguye kuri uyu wa Gatatu taliki 28, Ukuboza, 2022.

Turakomeza gukurikirana iby’iyi nkuru…

Undi Mudepite Mu Nteko Y’u Rwanda YEGUYE

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Advertisement
Advertisement