Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bushinwa Bwashyizeho Amategeko Mashya Yo Kujya Mu Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Bushinwa Bwashyizeho Amategeko Mashya Yo Kujya Mu Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2023 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
KAMPOT, March 15, 2020 -- Soliders take part in the opening ceremony of a joint military exercise of Cambodia and China in Cambodia's southwestern Kampot province, on March 15, 2020. Cambodia and China launched the fourth joint drill on counter-terrorism and humanitarian rescue at the Techo Sen Chumkiri live-fire field in Cambodia's southwestern Kampot province on Sunday. (Photo by Cui Songrou/Xinhua via Getty) (Xinhua/Mao Pengfei via Getty Images)
SHARE

U Bushinwa buguye gusohora amabwiriza akubiye mu ngingo 74 avuga uko umusirikare wabwo agomba kuba ateye.

Amakuru make yatangajwe n’ikinyamakuru cya Leta y’u Bushinwa kitwa Xinhua News avuga ko muri izo ngingo hazaba hakubiyemo ingingo zumvikana  zisobanura uko umusirikare w’u Bushinwa agomba kuba ateye, atekereza kandi yitwara.

Ibisobanuro birambuye by’uko umusirikare w’iki gihugu azaba ateye mu myaka iri imbere bizatangazwa bitarenze taliki 01, Gicurasi, 2023.

Umugambi Mugari W’u Bushinwa Wo Kwigarurira Taiwan

TAGGED:BushinwaIngaboTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Umujura Yateye Umukobwa Icyuma Mu Nda No Ku Ijosi
Next Article Ibikubiye Muri Raporo Y’Inzu Zo Kwa Dubai Biteye Inkeke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?